|
REPUBULIKA Y’U RWANDA |
DIYOSEZE YA NYUNDO |
DIYOSEZI YA NYUNDO |
||||
|
|
|
|||||
|
INTARA Y’IBURENGERAZUBA TEL 0788416523/0788572269 |
TEL: +250788416523 |
|||||
|
AKARERE KA NGORORERO |
E-mail:cicmuramba2012@gmail.com |
E-mail: cicmuramba2012@gmail.com |
||||
|
UMURENGE WA MATYAZO |
TIN: 100838538 |
TIN 100838538 |
||||
ITANGAZO RYO GUPIGANIRA ISOKO RYO KUGEMURA IBIRIBWA BY’ABANYESHURI, MU GIHEMBWE CYA MBERE CY’UMWAKA W’AMASHURI WA 2026-2027
Ubuyobozi bw’ishuri rya CIC MURAMBA riherereye mu karere ka Ngororero, Umurenge wa Matyazo ,akagari ka Gitega, umudugudu wa Barama burahamagarira abantu bose babishaka kandi babifitiye ubushobozi, bafite ibyangombwa bibemerera gupiganira amasoko ya Leta ko hari isoko ryo:
-
Kugemura ibiribwa byo kugaburira abanyeshuri bimara igihe kirekire(bitabora)
Abifuza gupiganira iryo soko baza gufata igitabo gikubiyemo amabwiriza (DAO) mu bunyamabanga bw’ishuri guhera taliki ya 08/08/2025 mu masaha y’akazi bitwaje inyemezabwishyu bishyuriyeho amafaranga ibihumbi icumi na bitanu (frs15,000 ) adasubizwa, yishyuwe kuri imwe muri konti z’ishuri rya CIC MURAMBA zikurikira:
100000241697 mu mazina ya Collège des Filles Muramba iri muri BANKI ya KIGALI (BK)
4412940659 mu mazina ya Collège de l’Immaculle Conception de Muramba iri muri banki y’abaturage y’u Rwanda (BPR),
Amabahasha arimo ibitabo byo gupiganira isoko agomba kuba afunze neza kandi arimo ibitabo bibiri (Umwimerere na kopi), bifungiye mu ibahasha imwe yanditseho CIC MURAMBA <<GUPIGANIRA ISOKO>> akazagezwa mu bunyamabanga bw’ishuri bitarenze tariki ya 21/08/2026 i saa yine (10h00’) agafungurirwa mu ruhame kuri iyo taliki I saa tanu (11h00’) mu nzu y’uruganiriro y’iryo ishuri.
Ku bindi bisobanuro mwahamagara kuri Telefoni 0788416523/0788572269 (Umuyobozi w’ishuri)
Na 0787299965 (Umubaruramari w’ishuri)
Bikorewe i Muramba, kuwa 07/08/2026
Sœur Marie Thérèse USABYEMARIYA
Umuyobozi wa C.I.C MURAMBA