Akarere ka RUHANGO ni kamwe mu Turere umunani tugize Intara y’Amajyepfo kashyizweho n’itegeko n0 29/2005 ryo kuwa 31/12/2005 rigena inzego z’ imitegekere y’Igihugu cy’u Rwanda. Akarere ka Ruhango kagizwe n'ibyari Uturere twa Kabagali, Ntenyo, Ntongwe n’Umujyi wa Ruhango.
- Rate this employer
-