Ryandinzi 09/05/2026
ITANGAZO RY’IPIGANWA RY’ISOKO RY'INGURUBE:
Itorero anglicani ry’urwanda, Paruwase ya Ryandinzi, iherereye mu Akagari ka Kivumu,Umurenge wa Gashaki Akarere ka Musanze, Intara y’amajyaruguru,rikoreramo umushinga RW0830 EAR Ryandinzi Uterwa inkunga na Compassion international mu RWANDA uramenyesha ba RWIYEMEZAMIRIMO babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko ushaka gutanga isoko ryo koroza ingurube abana 87 Abifuza gupiganira isoko, ibisabwa byose bazabisanga mu gitabo gikubiyemo amabwiriza agenga isoko(DAO) cyishyurwa amafranga ibihumbi icumi(10,000rwf)adasubizwa kuri konti NO 100001392098iri muri BK yanditse mu mazina ya RW0830 EARRyandinzi CDC Icyo gitabo yagisanga no kubiro bya paruwasi cg agatanga ubusabe bwe kuri Email. rw830ryandinzi@yahoo.fr ukohereza ninyemeza bwishyu kuri rw0830ryandinzi@yahoo.fr nokuri jmukakimeny@gmail.com
kowishyuye DOA akagihabwa. kuva kuwa11/05/2026 kugeze 18/05/2026 kugura DAO mumasaha y’akazi, ibyangombwa biri mumabahasha afunze neza akazagezwa aho umushinga ukorera bitarenze kuwa19/05/2026,kuriwomuns’isaayinenigice(10:30am) z’amugitondo,hazafungurwa amabaruwa y’ipiganwa.
Bikorewe Ryandinzi, Kuwa09/05/2026
Pastor NDAGIJIMANA Theophile
Pastoro wa EAR Paruwasi YA RYANDINZI