REF: ABA… 257…… /2026
IMPAMVU:ITANGAZO RYO GUTANGA ISOKO...
Bamporeze Association ni umuryango utegamiye kuri Leta washinzwe mu 1996 kandi ukorera mu Rwanda. Ifite kamere y'amategeko No O56/17. Ishyirahamwe Bamporeze riteganya umuryango aho imiryango itishoboye, abana, imfubyi, urubyiruko, n'abagore bahawe ubushobozi bwo gukomeza kubaho kandi biyemeje guhindura imibereho yabo ikarushaho kuba myiza.
Imiterere y’Ipiganwa: Umuryango BAMPOREZE ASSOCIATION utumiye ibigo by’ubucuruzi bifite ubuzimagatozi, na ba rwiyemezamirimo babifitiye ubushobozi n’inararibonye mu gikorwa cyo gucapa no gusohora ibitabo igihumbi Magana atandatu na makumyabiri(1620} by’uburenganzira bw’umwana n’uburyo bwo kumurinda {Chield Right and Protection}.
Inomero y’Ipiganwa:… 001…/BID/2026
Uwatsindiye isoko ni we uzaba ashinzwe kugeza ibyo bitabo muturere dukurikira:
- Akarere ka Nyaruguru,
- Akarere ka Bugesera
- Akarere ka Gatsibo
Uwifuza gupiganirwa isoko arasabwa kuzagera kucyicaro cy’Umuryango Bamporeze Association giherereye muKarere ka Gasabo mu murenge wa Kimironko ;akagali ka Kibagabaga ; umudugudu wa Ramiro k’umuhanda KG 1st AV6; agahabwa agatabo gakubiyemo ibisabwa kugirango abe yabasha gu piganirwa isoko, yitwaje bordero y’amafaranga ibihumbi bitanu(5000rf) adasubizwa ;azishyurwa kuri compte y’umuuryango Bamporeze numero : 20026652 001 iri muri I&M Bank .
Icyitonderwa :Ibaruwa isaba isoko ndetse na dosiye ikubiyemo ibiciro bizatangwa mw’ibahasha ifunze neza.Gutanga ayo mabahasha asaba gupiganira isoko bizakorwa bitarenze taliki ya 23/05/ 2026 saayine za mugitondo(10 A.M)
Gufungura amabahasha bizakorwamuruhame ku italiki ya 29/05/2026 satanu (11h A.M).Uwaba ashaka ibindi bisobanuro yahamagara kuri telephone 0788879871.
Bikorewe ikigali taliki ya 14 /06/2025
Muhongayire Jeanne d’Arc
Umuyobozi mukuru w’Association Bamporeze.