Skip to main content

Itangazo Ryo Gutanga Isoko Ryo Gutanga Ibiribwa Bigaburirwa Abana B'umushinga Rw0884 EAR Paruwasi Ntarama

RW0884 EAR Paruwasi Ntarama

Umushinga RW0884 EAR Paruwasi Ntarama, ukorera mu karere ka bugesera, Umurenge wa Ntarama, Akagali ka Kanzenze, uterwa inkunga na Compassion International mu Rwanda

Rate this employer
Average: 3 (5 votes)

ITANGAZO RYO GUTANGA ISOKO

Umushinga RW0884 EAR Paruwasi Ntarama, ukorera mu karere ka bugesera, Umurenge wa Ntarama, Akagali ka Kanzenze, uterwa inkunga na Compassion International mu Rwanda, Unejejwe no kumenyesha abantu bose babyifuza ko wifuza gutanga isoko ryo gutanga ibiribwa ugaburira abana kuwa gatandatu baje ku umushinga gukurikirana amasomo yabo

Abifuza gupiganirwa iri soko bagomba kuba bagejeje amabaruwa yabo ku biro by’umushingaRW0884 bitarenze kuwa10/08/2026 saa sita zuzuye (12h00). Gufungura amabaruwa ni kuri iyo taliki saa sita n’iminota itanu(12h05).Amabaruwa agomba kuba arimo ibi bikurikira:

  • Ibaruwa isaba isoko iriho numero ya konti ijyanye n’icyemezo cy’ubucuruzi.
  • Icyemezo cy’ubucuruzi cya RDB (Certificate of Domestic Campany Registration) kigaragaza ko wemerewe gukora ibyo wasabye gupiganirwa.
  • TIN number (Notice of Register)
  • Icyemezo cya TVA (VAT Certificate)
  • Kugaragaza igiciro cya kimwe ni cya byose (facture proforma)
  • Icyemezo cyo kutabamo umyenda w’imisoro(Tax clearance certificate)
  • Kuba ukoresha electronic billing machine (EBM)
  • Photocopie y’indangamuntu
  • Icyitonderwa:Uzatsindira iri soko agomba kuba yatangira gutanga ibiribwa bitarenze taliki 14/08/2026.

Abifuza gupiganirwa iryo soko, baza gufata ibitabo bikubiyemo amabwiriza arigenga nyuma yo kugaragaza inyemeza bwishyu yo kugura igitabo cy’isoko(DAO) ibihumbi icumi(10,000frw) bidasubizwa kuri konte NO:100162798687 ya RW0884EAR NTARAMA iri muri Bank ya Kigali(BK).

Abacyeneye ibindi bisobanuro babariza ku biro by’umushinga aho ukorera i Ntarama,cyangwa bagahamagara kuri 0788582529/0788657118. Cyangwa kuri email: rw0884earntarama2@gmail.com.

Bikorewe i Ntarama, kuwa 27/07/2026

Rev.John BANGAMWABO

Umuyobozi wa Paruwasi ya EAR Ntarama

Click on the APPLY button to send your application documents:
  • Your application will be sent to the employer immediately (Allowed formats: .doc .pdf .txt .docx)
  • A confirmation email will be sent to you few minutes afterwards
  • You can request any documents archived from our website (ex: a job description, a CV, a cover letter...)