Skip to main content

Itangazo Ryo Gutanga Isoko Ryo Kugurira Abana B’umushinga (337) Inkweto

RW0891 CELPAR PAROPISSE NGENDA
Rate this employer
Average: 3 (2 votes)

ITANGAZO RYO GUTANGA ISOKO 

Ubuyobozi bw’Umushinga RW0891 uterwa inkunga na Compassion international mw’itorero CELPAR PAROISSE NGENDA buramenyesha abantu bose ko bafite isoko ryo kugurira abana b’umushinga (337 ) INKWETO (Shoes) , abifuza gupiganira iryo soko bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:

-Kwandika ibaruwa isaba iryo isoko yandikiwe umushumba w’itorero rya 

CELPAR Paroisse Ngenda.

-Kuba asanzwe ari umucuruzi w’inkweto cyangwa afite ubushobozi bwo gupiganira

Iryo soko.

-Kuba afite E B M ya R R A

-Kuba afite nimero ya compte muri B K cyangwa ahandi hari Informatisé.

-Kuba afite Tin number ya R R A

-Kuzana icyemezo cy’ubucuruzi (Registre de commerce) kigaragaza ibyo yemerewe

gupiganira (Business Activities).

-Kuzana photocopy y’indangamuntu 

-Kuba afite icyemezo cy’uko atarimo umwenda wa RRA(Attestation de non

Créance).

-Kwandika form igaragaza ibiciro yatanze (procuring form) k’urukweto

hakubiyemo

n’imisoro iteganywa n’amategeko ya leta y’URWANDA

-Buri wese wifuza gupiganira iryo soko agomba kwishyura amafaranga adasubizwa

10,000 Frw kuri konti y’umushinga iri muri BK:100008615483 RW0891

CELPAR NGENDA CDC

-Kuzana bordereau y’amafaranga yishyuye kubiro by’umushinga

-Kuzana ibyemezo by’ahantu nibura hatatu yaba yarigeze gupiganira isoko ry’ 

Inkweto

Icyitonderwa:

-Abifuza gupiganira iryo soko, bagomba kuza gufata agatabo k’amabwiriza agenga iryo soko

guhera Tariki :28/04/2026 kugeza tariki 09/05/2026 ku biro by’umushinga RW0891

uherereye mu karere ka Bugesera , umurenge wa Nyarugenge.

-Abifuza ibindi bisobanuro bahamagara kuri izi nimero:0783341835/0788895681

-Abifuza gupiganira iryo soko bagomba kuzaza bitwaje ibyangombwa byabo bisaba iryo soko umunsi wogufungura amabahasha kuwa kuwambere tariki 11/05/2026  saa munani zuzuye (14:00) Ku biro by’umushinga.

Bikorewe Bugesera kuwa 27/04/2026

Umushumba w’itorero rya CELPAR Paroisse Ngenda

RUGWIZA SUMO Alexandre

Click on the APPLY button to send your application documents:
  • Your application will be sent to the employer immediately (Allowed formats: .doc .pdf .txt .docx)
  • A confirmation email will be sent to you few minutes afterwards
  • You can request any documents archived from our website (ex: a job description, a CV, a cover letter...)