Skip to main content

Minisiteri y’uburezi (MINEDUC) itangaza ko mu gihe cy’imyaka itatu uburezi bugiye kujya butangirwa kuri mudasobwa gusa, abanyeshuri badakoresha ibitabo n’amakayi.

Minisitiri w’uburezi, Dr Musafiri Malimba Papias yabitangaje ubwo yagiranaga ikiganiro n’Ikigo kabuhariwe mu ikoranabuhanga kitwa Microsoft, tariki ya 24 Ugushyingo 2016.

Ndayirata at his plant in Kayonza District last week. From capital worth Rwf50 million, his business has grown to a Rwf1.4 billion enterprise in just four years. / Rodrigue Rwirahira

Janvier Ndayirata, 37, was a nurse earning a monthly salary of Rwf60,000.

In 2012, he quit his nursing job to set up one of the largest paper bag manufacturing plants in Rwanda.