RW0793 EAR MUSAZA
B.P.719,
Kigali, Rwanda.
EAR MUSAZA PARISH
RW0793 EAR MUSAZA
Tel :0788554772 ,email : rw0793earmusaza@gmail.com
ITANGAZO RY’ISOKO RYO KUGEMURA INKWAVU
Ubuyobozi bw’itorero E A R PAROISSE MUSAZA n’umushinga RW0793 EAR MUSAZA uterwa inkunga na Compassion international Rwanda, ukorera mu karere ka KIREHE umurenge wa MUSAZA Akagari ka MUSAZA .Turifuza gutanga ISOKO RYOKUGURIRA IMIRYANGO 126 INKWAVU 378:
Izo nkwavu zigomba kuba:
- Inyagazi z’amashashi 252 afite amezi hagati 5-7 adafite umuze ageze igihe cyo kwima yo mu bwoko buvanze(Cross breed)
- Isekurume 126 zifite amezi hagati y’amezi 5-7 adafite umuze ageze igihe kwimya zivanze(Cross breed)
Abifuza gukora aya masoko, basabwa kuba bujuje ibi bikurikira :
1 . Ibaruwa isaba isoko yandikiwe umushumba wa E A R Paroisse Musaza n’Urupapuro rugaragaza ibiciro(Facture proforma)ruriho nomero ya compte iri mu mazina ya Company
2.Kuba afite icyangombwa cy’ubucuruzi kigaragaza ko akora iyo imirimo gitangwa na RDB hamwe n’Icyangombwa kerekana ko ari muri TVA biriho umukono wa Notaire.
3.Kuba yemera gutanga facture ya EBM (Electronic Belling machine)
4.Icyemezo cyo kutabamo imisoro ya RRA na RSSB kitarengeje amezi 3 kandi kiriho umukono wa NOTAIRE .
5. Photocopy y’indangamuntu y’uhagarariye company.
6. kuba yemera kwishyurirwa kuri Konti hakoreshejwe OP mu mazina ya company.
7.Ubuhamyabw’umwimerere bw’ahantu 2 yakoze neza iyo mirimo
N. B :- Abifuza gupiganira iryo soko banyuza amabaruwa yabo asaba isoko ku emails: rw0793earmusaza@gmail.com agatanga copy kuri email Cuwase@rw.ci.org; idatanzwe hose iba imfabusa, kandi kwakira amabaruwa asaba bizatangira ku wa 11/05/2026 bisozwe kuwa 19/05/2026 saa kumi (17h00). Isoko rizafungurirwa mu ruhame ku wa 20/05/2026 ku kicaro cy’umushinga saa yine zuzuye.
Bikorewe I Musaza,kuwa 10/05/2026
Umuyobozi w’ itorero EAR PAROISSE MUSAZA
Rev. BAMURABAKO JUVENAL